Leta y’u Rwanda ikomeje gusaba Republika Iharanira Demokarasi ya ya Congo kwirinda urwitwazo urwo arirwo rwose rwo kugaba igitero ku butaka bwarwo, mu gihe Repubulika...
Mu Burasirazuba bwa DR Congo hakomeje kuba isibaniro ari nako umunsi ku munsi hapfa benshi. Kuri ubu hakomeje gucicikana amafoto y’imirambo y’abagabo 11 bishwe barashwe...
Umugore wa Perezida w’u Burundi, Angéline Ndayishimiye, ategerejwe i Kigali mu Rwanda aho azitabira Inama Mpuzamahanga yiga ku ruhare rw’Abagore mu Iterambere (Women Deliver) izatangira...
Umuyobozi w’Ingabo mu Turere twa Rubavu, Rutsiro na Nyabihu, Lt Col Ryarasa William yatangaje ko hari amakuru bamenye ko umutwe w’iterabwoba wa FDLR umaze iminsi...
Ahitwa Kiwanja muri Teritwari ya Rutshuru, mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo abantu batanu bishwe n’abakekwa kuba abarwanyi b’umwe mu mitwe yitwaje intwaro...
Mu ijoro ryo ku Cyumweru rishyira kuwa Mbere tariki 10 Nyakanga 2023, mu Mudugudu wa Gafuku, Akagali ka Gikombe, Umurenge wa Rubavu, Akarere ka Rubavu,...
Ibitero by’intege z’intambara za Leta zunze ubumwe za Amerika byahitanye umuyobozi wa Leta ya Kiyisilamu mu Burasirazuba bwa Siriya nkuko byatangajwe n’ubuyobozi bw’igisirikare cya Amerika...
Nyuma y’igihe kinini Major General Sultani Emmanuel Makenga ataboneka, yongeye kugaragara mu mashusho avuga ko M23 itarebwa na gato n’ibijyanye no gushyirwa hamwe no kwamburwa...