Perezida Xi Jinping yaburiye ko hashobora kubaho amakimbirane hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’Ubushinwa kubera ikibazo cya Taiwan, nk’uko igitangazamakuru cya leta y’Ubushinwa...
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron, yagaragaje ko gufatira u Rwanda ibihano rusange mu buryo bwihuse bikurikije umurongo wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika byatanga “amahirwe...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko agahenge kashyizweho mu ntambara ya Amerika na Iran kari mu marembere nyuma y’ibyo Iran...
Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), Wazalendo, FDLR n’abarundi bari gusubira mu midugudu yavuyemo abarwanyi ba AFC/M23 nyuma yo kuva mu Kibaya cya...
Ibitangazamakuru bitandukanye ndetse n’abantu ku giti cyabo abakomeje kwemeza ko abasirikare ba AFC/M23 mu mpera z’icyumweru bakuye ibirindiro byabo mu duce twa Sange, Bwegera, Luberizi,...