Leta ya Nigeria yatangaje ko mu byumweru biri imbere izakira abasirikare 200 baturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bazayifasha mu guhangana n’imitwe yitwaje intwaro...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko nubwo Leta ya Angola yasabye ko hashyirwaho agahenge gashya mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...
Ihuriro AFC/M23 ryashinje Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe ukubogama no guhyigikira ubugizi bwa nabi bukorwa n’ihuriro ry’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikayitera...
Umuyobozi w’ishami ry’igisirikare cy’u Budage rishinzwe iby’ikirere, Général Michael Traut, yatangaje ko iki gihugu giteganya gushora miliyari 41 z’Amadolari ya Amerika mu kugura no guteza...
Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyarashe drone ya Iran nyuma yo kugaragara isatira ubwato bw’intambara bwa Amerika buzwi nka USS Abraham Lincoln, kuri...
Ayatollah Ali Khamenei, umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, yavuze ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika nizitera Iran, intambara izagera mu karere kose. Khamenei yatangaje ibi kuri...
Abadepite bo mu ishyaka ry’n’Aba-Démocrates batangaje ko bashobora gutangiza inzira zo gutakariza icyizere no kweguza Minisitiri w’Umutekano Imbere mu Gihugu muri Leta Zunze Ubumwe za...