Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko ibihano bimaze iminsi bishyirirwaho ibihugu birimo n’u Rwanda, bitaboneye, kuko biba biri mu nyungu za bamwe bitewe n’ibyo...
Perezida Xi Jinping yaburiye ko hashobora kubaho amakimbirane hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’Ubushinwa kubera ikibazo cya Taiwan, nk’uko igitangazamakuru cya leta y’Ubushinwa...
Perezida Donald Trump yageze ku kibuga cy’indege cya Beijing mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu Bushinwa rwibazwaho na benshi bikaba biteganyijwe ko azaganira na mugenzi we...
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron, yagaragaje ko gufatira u Rwanda ibihano rusange mu buryo bwihuse bikurikije umurongo wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika byatanga “amahirwe...
Perezida wa Guinée, Mamadi Doumbouya, yageze mu Rwanda, aho yitabiriye Inama ihuza abayobozi b’ibigo, abashoramari n’abanyapolitiki bo hirya no hino muri Afurika no hanze yayo,...