Trump yateje impaka nyuma yo gusaba ko umunyamakuru wa NBC yirukanwa kubera kumunenga
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kugaragara mu ruhando rw’impaka nyuma yo gusaba ko umunyamakuru w’icyamamare Seth Meyers wirirwa anenga ubuyobozi...

