Category : Hanze
Featured Donald Trump wabaye Perezida wa Amerika yarashwe ari kwiyamamaza.
Donald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yarashwe ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza muri Leta ya Pennsylvania, gusa Imana ikinga ukuboko...
Featured Kenya: Umuyobozi mukuru wa Polisi y’Igihugu yeguye.
Umuyobozi mukuru wa polisi y’Igihugu muri Kenya, Japhet Koome, yeguye ku mirimo ye, ahanini bikaba byaturutse ku kuntu abaturage bakomeje kunenga imyitwarire ya polisi mu...
Featured Musenyeri Carlo Maria Vigano unenga Papa Francis yaciwe muri Kiliziya.
Musenyeri mukuru w’Umutaliyani akaba n’unenga bikomeye Papa Francis yaciwe muri Kiliziya Gatolika, nkuko byavuzwe n’ibiro bya Vatican bishinzwe inyigisho. Musenyeri mukuru Carlo Maria Vigano yahamwe...
Featured Abasirikare 25 ba FARDC bakatiwe urwo gupfa bazira guhunga umuriro wa M23.
Urukiko rwa gisirikare muri Lubero rwakatiye urwo gupfa abasirikare 25 b’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bashinjwaga “guhunga umwanzi” mu gihe bari bahanganye...
Featured Impamvu Ibihugu byinshi ku Isi biri kwibasirwa n’ubushyuhe bukabije.
Muri iki gihe ibice byinshi by’Isi byibasiwe n’ubushyuhe buri hejuru y’ubusanzwe, abahanga mu bumenyi bw’ikirere bakavuga ko ibi ahanini biterwa n’ubushyuhe bukabije bw’umubumbe w’Isi buterwa...
Featured Visi Perezida wa Malawi yapfuye azize impanuka y’indege.
Visi Perezida wa Malawi, Dr. Saulos Chilima byari byatangajwe ko we n’abandi bagenzi baburiwe irengero nyuma yuko indege barimo ibuze kuri uyu wa Mbere tariki...
Featured DR Congo: Ibyihebe bya ADF bimaze kwica abaturage ba Beni 72 mu minsi ine gusa.
Kuva kuwa kabiri w’iki cyumweru kugeza ejo kuwa Gatanu tariki 07 Kamena 2024, ibyihebe by’umutwe w’iterabwoba wa ADF byishe abaturage 72 mu gace ka Beni...
Featured Israel: Abaminisitiri babiri bakangishije Netanyahu ko bazegura niyemera agahenge.
Abaminisitiri babiri b’ibitekerezo by’ubuhezanguni bwo gukomera cyane ku bya kera bo muri Israel, bakangishije kuva muri Leta no gutuma urugaga ruri ku butegetsi rusenyuka, niba...
Featured Ibifaru by’Ingabo za Isirayeli byageze rwagati mu mujyi wa Rafah ku nshuro ya mbere.
Ku nshuro ya mbere, burende (ibifaru) z’ingabo za Isirayeli zageze rwagati mu mujyi wa Rafah kuri uyu wa kabiri tariki 28 Gicurasi 2024 nkuko ababibonye...