Amizero
Amakuru Amakuru mashya Ubuzima

Tanzaniya yatangaje uko yakiriye ihagarikwa ry’inzoga zikorerwayo zakuwe ku isoko ry’u Rwanda

Ikigo cya Tanzania gishinzwe ibipimo TBS – Tanzania Bureau of Standard cyashoye itangazo ku wa 07 Kanama 2028 rigira riti: “TBS irizeza abacuruzi na rubanda muri rusange ko ibinyobwa byose bisembuye bivugwa mu itangazo [rya Rwanda FDA] bikorerwa muri Tanzania, byujuje ibisabwa n’ibipimo byashyizweho na TBS kugira ngo birinde ubuzima n’umutekano by’abaturage, hubahirizwa ibipimo by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC SQMT Act 2006).”

Rikomeza rigira riti: “Byongeye kandi, Ikigo cya Tanzania gishinzwe Inganda n’Ubucuruzi kirakurikirana iki kibazo ku rwego mpuzamahanga, harimo no kubiganiraho n’Ubunyamabanga bw’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, kugira ngo ikibazo gikemurwe mu buryo bushoboka.”

Inzoga yari imaze kumenyekana cyane izwi nka Kiwingu, ni imwe muri rikeri (Liquor) yahise ikurwa ku isoko ry’u Rwanda kuko icupa ripima 0.5L ryaguraga amafaranga 1500, bigatuma abenshi bayinywa kuko ngo yarimo umusemburo mwinshi.

Related posts

Urupapuro rw’uko wakingiwe COVID 19: Uburyo rukumbi bwo kongera gukora neza

N. FLAVIEN

‘Wagner Group’ ikomeje kuvugwa hirya no hino ku Isi ni bantu ki?

N. FLAVIEN

Perezida Trump avuga ko Afurika y’Epfo itakabaye ikiri muri G20

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777