Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Madame Yolande Makolo, yatangaje ko u Rwanda rwemera icyemezo cy’urukiko rw’ubuhuza rw’i La Haye mu Buholandi kandi ko “rufata ikibazo...
Urukiko mpuzamahanga rw’ubuhuza rwategetse ko Ubwongereza butazishyura u Rwanda miliyoni z’amapawundi rwareze rusaba ku masezerano yasheshwe na leta ya Keir Starmer akimara kugera ku butegetsi...
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr. Murangira Thierry, yavuze ko amategeko ahana umuntu utanga amafaranga agamije gukoresha undi imibonano mpuzabitsina. Ibi byagarutsweho ku wa Mbere...
Kabuga Félicien wakurikiranyweho uruhare rukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yapfiriye mu bitaro by’i La Haye mu Buholandi, igihugu yari afungiwemo by’agateganyo mu gihe...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubuhenzacyaha, RIB rwatangaje ko rwafunze abantu bane barimo Mukeshimana Marcel, wahoze ari umuyobozi w’ishuri ry’imyuga rya Rubengera II TSS School ryo mu karere...
Uwari umuyobozi w’agateganyo w’ishuri ribanza rya Rubira II mu murenge wa Rwimiyaga, Akarere ka Nyagatare, Intara y’Iburasirazuba yirukanwe mu kazi azira kwiba ibiryo byagenewe abanyeshuri...