Ikipe y’Ingabo z’Igihugu, APR FC yitegura imikino itandukanye mu mwaka mushya w’imikino wa 2026/27 yatangaje ko yamaze kongera amaraso mashya mu batoza bayo, aho yongereyemo...
Kuri iki Cyumweru tariki 16 Kanama 2026, Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva Justin yifatanyije n’abemera Mana basaga ibihumbi 40 mu masengesho yo gusengera Igihugu no gushima...
Biragaragara ko Uburusiya bwatangiye gukoresha misile nshya yitwa Banderol mu bitero byayo kuri ukraine. Impuguke zivuga ko ari misile igizwe n’ubwoko bw’indege zigenda nta mupilote...
Ishyamba ryo ku Kirunga cya Muhabura giherereye hagati y’u Rwanda na Uganda mu karere ka Burera, Intara y’Amajyaruguru ryafashwe n’inkongi y’umuriro mu gitondo cyo kuri...
Nyuma yo guhamya ibirindiro mu Rwanda, abana biga muri Wisdom School Rwanda bakagera ku rwego rwo gutsinda 100% mu bizamini bisanzwe ndetse no mu bizamini...
Ikigo cya Tanzania gishinzwe ibipimo TBS – Tanzania Bureau of Standard cyashoye itangazo ku wa 07 Kanama 2028 rigira riti: “TBS irizeza abacuruzi na rubanda...