Mu Rwanda, hagiye koherezwa abandi barimu bo muri Zimbabwe aho muri iki gitondo baherewe impanuro mu mahugurwa abategura, mbere yuko bahaguruka mu gihugu cyabo berekeza...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare NISR, cyagaragaje ko imibare y’abana bari munsi y’imyaka 5 bagwingira mu Rwanda yageze kuri 27% mu mwaka wa 2025. Ni ibikubiye mu...
Abatuye mu mujyi wa Uvira, intara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bakoze imyigaragambyo yo gushyigikira ihuriro AFC/M23 rimaze icyumweru riwugenzura. Iyi...
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi yatangaje ko igiye gutangiza umushinga wo kubaka ikigo cy’icyitegererezo kijyanye no guteza imbere ibihingwa bihinduriwe uturemangingo, kizifashishwa mu gutunganya no gutanga imbuto...
Mu itangazo ryasohoye mu ijoro ryacyeye kuri uyu wa Kabiri tariki 16 Ukuboza 2025, Ihuriro AFC/M23 rivuga ko ryiyemeje gukura ingabo mu mujyi wa Uvira...
U Rwanda rwitabiriye inama mpuzamahanga y’iminsi itatu, iri kubera i Genève mu Busuwisi, iri kwiga ku bibazo by’impunzi no gusuzuma ibyakozwe n’ibyakorwa mu nzego zitandukanye...
Umutwe w’iterabwoba wa FDLR watwitse umudugudu wose muri teritwari ya Walikale, intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) Ibi...