Featured Komisiyo y’Amatora yatangaje abemerewe gutorera aho batanditse kuri lisiti y’itora.
Mu gihe habura iminsi ibarirwa ku mitwe y’intoki kugira ngo amatora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite abe mu Rwanda, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, yatangaje abemerewe...