Banki ya CADECO yafunguwe na AFC/M23 nyuma y’uko Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yari imaze gufunga amabanki yo mu bice uriya mutwe ugenzura,...
Perezida Donald Trump yageze ku kibuga cy’indege cya Beijing mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu Bushinwa rwibazwaho na benshi bikaba biteganyijwe ko azaganira na mugenzi we...
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron, yagaragaje ko gufatira u Rwanda ibihano rusange mu buryo bwihuse bikurikije umurongo wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika byatanga “amahirwe...
Perezida wa Guinée, Mamadi Doumbouya, yageze mu Rwanda, aho yitabiriye Inama ihuza abayobozi b’ibigo, abashoramari n’abanyapolitiki bo hirya no hino muri Afurika no hanze yayo,...
Ishimwe Vestine wo mu itsinda rya ‘Vestine&Dorcas’ yibarutse imfura. Uyu mugore yabyariye mu Mujyi wa Vancouver aho amaze igihe atuye kuva yasigara muri Canada mu...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko agahenge kashyizweho mu ntambara ya Amerika na Iran kari mu marembere nyuma y’ibyo Iran...
Ibihugu byujuje ibisabwa mu gikombe cy’Isi cya FIFA bibona icyubahiro gikomeye mu maso y’isi, ndetse n’inyungu z’amafaranga n’ibyishimo byinshi mu baturage babyo. Iyi si intsinzi...