Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, abantu barenga igihumbi bamaze kwandura Ebola kandi imaze kwica abagera kuri 246. Mu kwezi gushize, Ishami rya ONU ryita...
Guverinoma ya Mozambique yemeje ko izatanga inkunga yose ikenewe yo gufasha Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro muri iki gihugu kugirango zikomeze kugarura ituze...
Ikipe y’ingabo z’Igihugu, APR FC yamaze gutandukana n’abakinnyi batatu ari bo Mamadou Sy, Aliou Souané na Mahamadou Lamine Bah, bose basoje amasezerano. Nyuma yo gusoza...
Libani ivuga ko umutwe wa Hezbollah, ufashwa na Iran, wemeye gahunda ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yuko uhagarika ibitero kuri Israel ndetse na Israel...
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Madame Yolande Makolo, yatangaje ko u Rwanda rwemera icyemezo cy’urukiko rw’ubuhuza rw’i La Haye mu Buholandi kandi ko “rufata ikibazo...
Urukiko mpuzamahanga rw’ubuhuza rwategetse ko Ubwongereza butazishyura u Rwanda miliyoni z’amapawundi rwareze rusaba ku masezerano yasheshwe na leta ya Keir Starmer akimara kugera ku butegetsi...
Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki 31 Gicurasi 2026, RSSB Tigers yabaye ikipe ya mbere yo mu Rwanda no muri Afurika y’iburasirazuba yegukanye irushanwa...
Ikipe ya Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa yegukanye UEFA Champions League ya 2025/2026, itsinze Arsenal FC yo mu Bwongereza kuri penaliti 4-3 nyuma yo kunganya...
Ikigo gicuruza Internet mu Rwanda, Broadband Systems Corporation (BSC), kigiye kubaka ububiko bw’amakuru bugezweho mu Rwanda ku bufatanye n’Ikigo cy’Ikoranabuhanga gitanga serivisi z’ububiko bw’amakuru cya...