Indege ya Sosiyete y’Ubwikorezi bwo mu kirere ikorera muri Oman, SalamAir, yageze i Kigali aho yakoreye urugendo rwayo rwa mbere, kuri uyu wa Kabiri, tariki...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasuye indege nshya ivuguruye ya perezida, yahawe na Qatar mu mwaka ushize, avuga ko ari “indege...
Ikigo gicuruza Internet mu Rwanda, Broadband Systems Corporation (BSC), kigiye kubaka ububiko bw’amakuru bugezweho mu Rwanda ku bufatanye n’Ikigo cy’Ikoranabuhanga gitanga serivisi z’ububiko bw’amakuru cya...
Twese tuzi uko umuntu yiyumva iyo akomeje kureba ibintu kuri telefoni nta ntego afite, ibi bitera ubwonko kunanirwa kandi bwanagagara. Arikose wari uzi ko biri...
Ikigo Mpuzamahanga gishinzwe Ingufu za Nikereyeli (International Atomic Energy Agency/ IAEA), cyashimye intambwe u Rwanda rumaze gutera mu guteza imbere gahunda y’ingufu za Nikeleyeli, nyuma...
Igitero cya gisirikare cyagabwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel kuri Iran cyatangiye tariki 28 Gashyantare(2), 2026. Mu ntangiriro z’ibitero, indege z’intambara z’ingabo...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibimenyetso bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga bikoreshwa mu butabera (RFI) kiri mu mushinga ukomeye wo kubaka ikoranabuhanga rizafasha inzego z’ubutabera kumenya aho ukekwaho icyaha...
Urwego rushinzwe kugenzura itumanaho muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ruvuga ko rwareze Ikigo MTN Group ku gukorera muri icyo gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko...