Imyaka 133 irashize ‘Tour d’Eiffel’ ifunguwe ku mugaragaro i Paris mu Bufaransa, tariki 31 Werurwe 1889, hari ku cyumweru, kuva ubwo iba inyubako ya muntu...
Ibiro bikuru by’ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika byamaganye kuba ku wa kabiri umuvugizi w’ibiro bya perezida w’Uburusiya yanze kuvuga ko icyo Gihugu kitazakoresha...
Igisirikare cy’u Burusiya cyatangaje ko gifite ibimenyetso by’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatanyije na Ukraine mu ikorwa n’igeragezwa ry’intwaro z’ubumara (biological weapons), zari zigamije...
Nyuma y’uko mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane tariki 24 Gashyantare 2022, Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya atangije ibitero kuri Ukraine, Volodymyr Zelensky uyobora Ukraine...
Iyi si dutuye ikataje mu ikoranabuhanga, aho mwene muntu akomeje ubushakashatsi agerageza kwigana ibyaremwe n’Imana ari nako bagerageza kuba babikora neza kurushaho. Ni muri urwo...
Umunyarwandakazi Furaha Appoline Dusingizimana ukomoka mu Mujyi wa Kigali, ahatanye n’abandi ba nyampinga baturuka mu Bihugu bigera kuri 33 hirya no hino ku Isi, mu...