Amizero
Amakuru Amakuru mashya Ikoranabuhanga Ubukungu

SalamAir yo muri Oman yatangije ingendo zayo mu Rwanda

Indege ya Sosiyete y’Ubwikorezi bwo mu kirere ikorera muri Oman, SalamAir, yageze i Kigali aho yakoreye urugendo rwayo rwa mbere, kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 21 Nyakanga 2026.

Izi ngendo zihuza Umujyi wa Muscat mu Bwami bwa Oman n’uwa Kigali mu Rwanda zatangijwe ku mugaragaro, zitezweho kwagura imigenderanire hagati y’u Rwanda n’Ubwami bwa Oman, guteza imbere ubukerarugendo, ubucuruzi n’ishoramari.

SalamAir izajya ikora ingendo zihuza Kigali na Muscat kabiri mu cyumweru. Bivuze ko izajya igera i Kigali mu Rwanda buri wa Kabiri no ku wa Kane.

Nyuma yo gutangiza ingendo zayo i Kigali, SalamAir ihanze amaso I Rwanda nk’ahantu hazayifungurira amarembo yo kwagura ingendo zayo hagati ya Oman n’Ibihugu byo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba.

Related posts

Abatuye mu mujyi wa Goma bari kwimurwa kubera gutinya iruka rya Nyiragongo ishobora kongera kurikoroza

N. FLAVIEN

Ubutegetsi bwa DRC bwahaye Abanyamerika urutonde rw’amabuye y’agaciro bazacukura

NDAYISHIMIYE Libos

US: Hagiye gushyirwa imbaraga zidasanzwe mu gushaka inkomoko ya COVID-19

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777