Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatanze doze z’umuti ukiri mu igerageza w’ubwirinzi bw’umubiri w’uruganda Mapp Biopharmaceutical rwo muri icyo gihugu kugira ngo ukoreshwe mu igeragezwa...
Watermelon ni imbuto nziza ku mibiri yacu, kandi ifite akamaro kenshi ku mubiri harimo no kuba ikungahaye muri vitamine A na C. Abashakashatsi bo muri...
Mu karere ka Gakenke kimwe n’ahandi hahingwa urutoki, urwagwa ni kimwe mu binyobwa gakondo by’ingenzi bikoreshwa mu muco nko mu bukwe ndetse no gusabana, rukaba...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyabihu bwatangaje ko hatangiye gukorwa iperereza ku cyateye impfu z’abaturage batandatu baherukaga gusangira inzoga mu kabari. Ni mu gihe abandi babiri basangiye...
Kanseri y’inkondo y’umura iri mu ndwara zihitana abagore benshi ku isi, cyane cyane mu bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere. Imibare igaragaza ko buri mwaka ihitana...
Umugabo witwa Bwanakweli wo mu mudugudu wa Kanyinya, Umurenge wa Mbuye, mu karere ka Ruhango yavuze ko yahuye n’uruva gusenya nyuma y’uko umugore we ahengereye...
Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, abantu barenga igihumbi bamaze kwandura Ebola kandi imaze kwica abagera kuri 246. Mu kwezi gushize, Ishami rya ONU ryita...
Abaturage 15 bo mu murenge wa Kigarama, Akarere ka Kirehe, bajyanywe mu bitaro nyuma yo kunywa ku mutobe wari wenzwe n’umuturage mugenzi wabo, bigakekwa ko...