Nyuma yo guhamya ibirindiro mu Rwanda, abana biga muri Wisdom School Rwanda bakagera ku rwego rwo gutsinda 100% mu bizamini bisanzwe ndetse no mu bizamini...
Mu kiganiro cyihariye Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru, RBA rwagiranye na Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana, kigatambuka kuri Televiziyo y’u Rwanda, Radio Rwanda na Radio z’Abaturage kuri uyu...
Umuryango Imbuto Foundation watashye ku mugaragaro gahunda ya ImbutoHubs nk’ahantu hubakiwe gufasha imiryango mu iterambere n’imibereho myiza. Ni igikorwa remezo cyatashywe mu rwego rwo kwizihiza...
Madame Jeanette Kagame yayoboye igikorwa cyo gutaha ‘Imbuto Hubs’ iherereye i Nyamata mu karere ka Bugesera, ikaba yarubatswe ku bufatanye bw’Akarere ka Bugesera n’Umuryango Imbuto...
Muhirwa Paulin wayoboraga ishuri ryitwa GS Sholi riherereye mu karere ka Muhanga, Intara y’Amajyepfo yapfuye nyuma yo gukubitwa ikintu mu mutwe, akajyanwa kwa muganga arembye....
Nahimana Ernest w’imyaka 30 y’amavuko, wigishaga ikoranabuhanga (ICT) muri GS Sainte Marie Kibuye, Ishuri ry’abihayimana gatolika (ababikira) riherereye mu murenge wa Bwishyura, Akarere ka Karongi,...