Category : Ubuzima
Featured Kirehe: Polisi yarashe imfungwa zageragezaga gutoroka eshanu zihasiga ubuzima.
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Murenge wa Nyarubuye mu Karere ka Kirehe, yarashe imfungwa eshanu zari zitorotse zihasiga ubuzima. Mu gitondo cyo kuri uyu wa...
Featured Amwe mu mateka y’ubwato ‘TITANIC’ bumaze imyaka 109 burohamye mu nyanja ya Atlantika.[AMAFOTO]
Abantu bagera kuri 2200 bari muri Titanic bari bafite icyizere ko bagera iyo bajyaga amahoro, ariko kuwa 15 Mata 1912 byaje kuba ibindi, ubwo bwarohamaga...
Featured Menya byinshi ku ‘isata’ yagaragaye mu kiyaga cya Ruhondo muri Musanze benshi bakemeza ko ibyo babonye ari amayobera.
Mu masaha y’igitondo kuri uyu wa Kabiri tariki 13 Mata 2021, benshi mu baturiye ikiyaga cya Ruhondo kiri mu Karere ka Musanze mu Majyaruguru y’u...
Musanze: Umugabo w’imyaka 54 wakoraga akazi k’ubufundi yasanzwe aho bacukura umucanga yapfuye.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 06 Mata 2021mu kirombe cy’umucanga giherereye mu Mudugudu wa Bazizana, Akagari ka Migeshi, Umurenge wa Cyuve habonetse...
Dr Mushimiyimana Isaie wari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda yasanzwe mu ntebe iwe yapfuye.
Umwarimu wa Kaminuza y’u Rwanda (UR) witwa Dr Mushimiyimana Isaie yasanzwe mu ntebe iwe mu rugo yashizemo umwuka ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu...
Featured Musanze: Irondo ry’isuku ryitezweho gutsimbataza umuco w’isuku muri aka karere [AMAFOTO]
Kuri uyu wa Kane tariki ya 01 Mata 2021 mu Karere ka Musanze hatangijwe gahunda yiswe “IRONDO RY’ISUKU”, ikaba yitezweho gutuma koko umuco w’isuku urushaho...
Featured Gusuzuma igituntu byasubiye inyuma ho imyaka 10 bitewe n’icyorezo cya Covid-19
Ku munsi ngarukamwaka wo kwizihiza indwara y’igituntu, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima OMS/WHO riravuga ko hagomba kongerwa imbaraga mu rugamba rwo kurwanya igituntu burundu,...
Featured Ibihugu by’Ubulayi byongeye gukoresha urukingo rwa AstraZeneca byari byahagaritse.
Kuri uyu wa Gatanu ibihugu by’Ubufaransa, Ubudage n’Ubutaliyani byongeye gukoresha urukingo rwa Covid-19 rwakozwe n’ikigo AstraZeneca, nyuma y’aho impuguke z’abaganga zigeragereje kumara abantu impungenge ko...
Featured Rutsiro: Umwana umaze imyaka 12 afashwe n’indwara idasanzwe aratabarizwa.
Hagumirema Déogratias wo mu Kagari ka Nkora, Umurenge wa Kigeyo mu Karere ka Rutsiro, aratabariza umwana we umaze imyaka 12 afashwe n’indwara idasanzwe, aho bagerageje...

