Category : Ubuzima
Featured Tanzania: Abibye amafaranga ya Leta barasabwa kuyagarura mu maguru mashya
Minisitiri w’ubuzima n’iterambere ry’umuryango muri Tanzania, Dr. Doroth Gwajima yatanze umuburo ku bakozi ba Leta bagaragaje ubunyangamugayo buke bakikorera mu isanduku ya leta bikanatera igihombo...
Featured Amajyaruguru: Ba Gitifu babiri bafatiwe mu tubari bica icyaka kandi dufunze.
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Turere twa Gicumbi na Rulindo mu Ntara y’Amajyaruguru yafashe Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Utugari tubiri mu Turere twa Gicumbi na Rulindo basanzwe...
Featured Ingamba zo kwirinda COVID-19 zakajijwe nyuma y’ubwiyongere budasanzwe bw’abari kwandura
Ari kumwe n’abandi bayobozi batandukanye muri Guverinoma, kuri uyu wa Kabiri tariki 29 Kamena, Minisitiri w’Intebe Edourd Ngirente yagiranye ikiganiro n’itangazamakuru ryo mu Rwanda ndetse...
Featured Uganda: Amafaranga yo kwivuza COVID-19 arabona umugabo agasiba undi
Mu gihe Uganda kimwe n’ibindi bihugu bimwe na bimwe bya Afurika bibangamiwe n’inkubiri nshya y’icyorezo cya COVID-19 isa naho igarukanye ubukana budasanzwe, ibitaro bitandukanye byo...
Featured Minisitiri w’ubuzima w’u Bwongereza yeguye
Minisitiri w’ubuzima mu gihugu cy’u Bwongereza Matt Hancock yeguye ku mirimo ye, ni nyuma y’umunsi umwe hagaragaye amafoto y’uyu mugabo ari gusomana n’umujyanama we we...
Featured Minisitiri w’ubuzima w’u Bwongereza mu mazi abira
Umugome yagomye ubugira kabiri. Ugenekereje, iyi niyo mvugo iri mu Bongereza benshi, nyuma yaho hagaragaye amafoto ya Minisitiri w’ubuzima muri icyo gihugu Matt Hancock ari...
Featured Rwanda-DRC: Perezida Kagame na Tshisekedi mu Mijyi ya Rubavu na Goma
Perezida Kagame na mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, bagiye guhurira mu Burengerazuba bw’u Rwanda i Rubavu aho baza...
Featured Umwana wesheje agahigo ko kuba ariwe wavukiye igihe gito akabaho aherutse kwizihiza isabukuru y’umwaka avutse
Richard Scott William Hutchinson yavutse adashyitse dore ko yavukiye gusa amezi atanu. Uyu mwana yavutse afite amagarama atanageze kuri 500 ku buryo abaganga bamuhaga amahirwe...
Featured Icyumweru cyahariwe gutanga amaraso: haracyakenewe izindi mbaraga mu gutanga amaraso ku bushake
Guhera tariki ya 14 Kamena ubwo hizihizwagwa umunsi mpuzamahanga wo gutanga amaraso, u Rwanda ruri mu cyumweru cyahariwe gutanga amaraso. Intego nyamukuru yo kwizihiza uyu...

