Featured Rubavu: Ikibazo cy’abana b’inzererezi bagaragara mu Mujyi wa Gisenyi kibangamiye abawutuye.
Abatuye n’abagenda mu Mujyi wa Gisenyi basaba ko ikibazo cy’abana b’inzererezi bagaragara muri uyu Mujyi cyashakirwa umuti urambye kuko ngo kibangamye cyane. Aba baturage bo...