Libani ivuga ko umutwe wa Hezbollah, ufashwa na Iran, wemeye gahunda ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yuko uhagarika ibitero kuri Israel ndetse na Israel...
Intumwa z’u Busuwisi zahuriye n’abahagarariye umutwe wa AFC/M23 i Rubavu mu Rwanda, mu biganiro byari bigamije gusuzuma aho ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano yasinyiwe i Doha...
Indege y’intambara yo mu bwoko bwa ‘drone’ yaturikiye ku nzu ya ‘apartment’ muri Romania itera inkongi y’umuriro inakomeretsa abantu babiri, nk’uko byatangajwe na minisiteri y’ingabo...
Umugore wo mu karere ka Rulindo yapfuye nyuma yo kunywa umuti wa roketi wica udukoko bikekwa ko yabitewe n’agahinda gakabije nyuma yo kumenya amakuru yavugaga...
Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Gicurasi 2026, uduce dutandukanye two muri Teritwari ya Masisi turi kuberamo imirwano ikomeye hagati ya...
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ryahigiye kutarekura santere ya Rubaya iherereye muri Teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru....
Mu ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zemeye ko ibigo bikomeye bya peteroli na gaz birimo TotalEnergies na ExxonMobil bikomeza gukorana n’Ingabo z’u Rwanda,...
Nyuma y’igitero cyo mu Rubaya, mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 24 Gicurasi 2026, humvikanye ibiturika bikomeye mu gace ka Rumangabo, gaherereye muri...