Ibiro ntaramakuru Tasnim byo muri Iran byatangaje ko leta imaze iminsi ibara agaciro k’ibyangiritse muri iyi ntambara muri gahunda yayo yo gushyira indishyi mu byo...
Koreya ya Ruguru yakoze igerageza ry’intwaro zifite ikoranabuhanga ryo mu rwego rwo hejuru kugirango irusheho kujyana n’aho Isi igeze ari nako yitegura ku rwego rwo...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yavuze ko nyuma y’ibiganiro n’ubutegetsi bwa Pakistan hagiye kuba agahenge hagati ya Leta Zunze Ubumwe za...
Perezida Donald Trump wa Amerika yakangishije ko ikiragano cyose kiri bupfe nijoro, ntikizagaruke na rimwe avuga ibishobora kuba niba Iran itageze ku kumvikana na we,...
Ubutegetsi bwa Iran bwanenze bikomeye Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku gitero cyaturikije ikiraro cya B1 i Tehran buvuga ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika...
Abantu batandukanye bagaragaje ku mbuga nkoranyambaga akababaro no kwamagana ibitero bya drones byishe inka nyinshi mu gace ka Minembwe ku wa kabiri mu ntara ya...
Umukuru w’inteko ishingamategeko ya Irani Mohammad Bagher Ghalibaf yavuze ko ingabo z’icyo gihugu “zitegereje abasirikare bo ku butaka b’Amerika kugira ngo zibacaneho umuriro”. Ibitangazamakuru byo...
Itangazo ryasohowe n’Umutwe w’inyeshyamba wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo rigaragaza ko ibikorwa birimo kugaragara ku mirongo inyuranye y’urugamba ari ibisanzwe...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF), Gen Muhoozi Kainerugaba, yategetse ko Maj. Gen Don William Nabasa na Brig Gen Johnson Namanya Abaho batabwa muri yombi...
Massad Boulos, umujyanama wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bufatanye na Afurika, yongeye kwibutsa ubuyobozi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ko...