Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu rishyira kuri iki Cyumweru tariki 24 Gicurasi 2026, ahagana saa sita z’ijoro (00:15), ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zateye ibisasu...
Jenerali (Autoproclamé) Obedi Ngabo wo muri Coalition Libérale pour la Démocratie (CLD) riri mu yagize imitwe ya Wazalendo ifasha ingabo za Leta ya Repubulika ya...
Ihuriro AFC/M23 n’iry’ingabo zishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bihanganiye bikomeye mu duce turi hafi ya santere ya Rubaya ikungahaye ku mabuye y’agaciro...
Ikinyamakuru New York Times, kivuga ku bayobozi babiri batavuzwe amazina mu Burasirazuba bwo Hagati, cyatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel biri kwitegura...
Perezida Xi Jinping yaburiye ko hashobora kubaho amakimbirane hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’Ubushinwa kubera ikibazo cya Taiwan, nk’uko igitangazamakuru cya leta y’Ubushinwa...
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron, yagaragaje ko gufatira u Rwanda ibihano rusange mu buryo bwihuse bikurikije umurongo wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika byatanga “amahirwe...