Ibiro ntaramakuru Tasnim byo muri Iran byatangaje ko leta imaze iminsi ibara agaciro k’ibyangiritse muri iyi ntambara muri gahunda yayo yo gushyira indishyi mu byo...
Raporo ya The Washington Post ivuga ko Russia iri guha Iran amakuru y’ubutasi agaragaza aho amato ya gisirikare n’indege za gisirikare za Leta Zunze Ubumwe...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel byagabye igitero kuri Irani, mu gihe Perezida Donald Trump avuga ko ibikorwa [operations] bikomeye by’imirwano birimo kuba mu...
Minisitiri w’intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu, yasabye Leta Zunze Ubumwe za Amerika gufata icyemezo gikakaye ku Iran cyo kiyitegeka guhagarika burundu gahunda yayo yo gutunganya...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko Israel n’umutwe wa Hamas bumvikanye ku cyiciro cya mbere cy’amasezerano yo guhagarika imirwano. Inkuru...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru tariki 22 Kamena 2025, yagabye ibitero bikomeye kuri Iran, igamije kuburizamo umugambi...
Igihugu cy’u Burusiya cyabwiye kigenzi cyacyo cya Israel ko gikwiriye kuzirikana ko nta burenganzira gifite bwo guhindura ubutegetsi buriho muri Iran bityo ko nta n’impamvu...