Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron, yagaragaje ko gufatira u Rwanda ibihano rusange mu buryo bwihuse bikurikije umurongo wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika byatanga “amahirwe...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko agahenge kashyizweho mu ntambara ya Amerika na Iran kari mu marembere nyuma y’ibyo Iran...
Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), Wazalendo, FDLR n’abarundi bari gusubira mu midugudu yavuyemo abarwanyi ba AFC/M23 nyuma yo kuva mu Kibaya cya...
Ibitangazamakuru bitandukanye ndetse n’abantu ku giti cyabo abakomeje kwemeza ko abasirikare ba AFC/M23 mu mpera z’icyumweru bakuye ibirindiro byabo mu duce twa Sange, Bwegera, Luberizi,...
Leta ya Iran yatangaje ko ingabo zayo zo mu mazi zarashe missiles, roquettes ndetse n’ama-drones hafi y’amato ya gisirikare ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika...
Minisitiri w’Ingabo n’abahoze ari abasirikare muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Guy Kabombo Muadiamvita, yavuze ko ihuriro AFC/M23 ryashoboye kwinjira mu itumanaho ry’ingabo zabo (FARDC),...
Umutwe wa AFC/M23 urashinja igisirikare cya leta ya DR Congo kugaba ibitero by’ubukana burenze gikoresheje za ndege zitagira abapilote (drones) mu duce dutuwe n’abaturage i...