Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr. Murangira Thierry, yavuze ko amategeko ahana umuntu utanga amafaranga agamije gukoresha undi imibonano mpuzabitsina. Ibi byagarutsweho ku wa Mbere...
Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Gicurasi 2026, uduce dutandukanye two muri Teritwari ya Masisi turi kuberamo imirwano ikomeye hagati ya...
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ryahigiye kutarekura santere ya Rubaya iherereye muri Teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru....
Nahimana Ernest w’imyaka 30 y’amavuko, wigishaga ikoranabuhanga (ICT) muri GS Sainte Marie Kibuye, Ishuri ry’abihayimana gatolika (ababikira) riherereye mu murenge wa Bwishyura, Akarere ka Karongi,...
Mu ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zemeye ko ibigo bikomeye bya peteroli na gaz birimo TotalEnergies na ExxonMobil bikomeza gukorana n’Ingabo z’u Rwanda,...
Nyuma y’igitero cyo mu Rubaya, mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 24 Gicurasi 2026, humvikanye ibiturika bikomeye mu gace ka Rumangabo, gaherereye muri...