Icyo RIB ivuga ku gutanga ikiguzi ku mibonano mpuzabitsina
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr. Murangira Thierry, yavuze ko amategeko ahana umuntu utanga amafaranga agamije gukoresha undi imibonano mpuzabitsina. Ibi byagarutsweho ku wa Mbere...

