Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko agahenge kashyizweho mu ntambara ya Amerika na Iran kari mu marembere nyuma y’ibyo Iran...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko agahenge kazakomeza kugeza hasojwe ibiganiro bihagarika intambara ya Iran igiye kumara amezi abiri. Ni...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Seyed Abbas Araghchi yatangaje ko nyuma y’uko hemejwe agahenge ku ntambara iri kubera muri Liban, ubu ubwato bunyura mu muhora...
Ibiro ntaramakuru Tasnim byo muri Iran byatangaje ko leta imaze iminsi ibara agaciro k’ibyangiritse muri iyi ntambara muri gahunda yayo yo gushyira indishyi mu byo...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yavuze ko nyuma y’ibiganiro n’ubutegetsi bwa Pakistan hagiye kuba agahenge hagati ya Leta Zunze Ubumwe za...
Perezida Donald Trump wa Amerika yakangishije ko ikiragano cyose kiri bupfe nijoro, ntikizagaruke na rimwe avuga ibishobora kuba niba Iran itageze ku kumvikana na we,...
Ubutegetsi bwa Iran bwanenze bikomeye Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku gitero cyaturikije ikiraro cya B1 i Tehran buvuga ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika...
Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yashimye itorwa rya Mojtaba Khamenei nk’umutegetsi mushya w’ikirenga wa Iran anemera ubufasha bwa Moscow kuri Tehran. Mu butumwa bwashyizwe ku rubuga...
Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian, yatangaje ko Inama iyoboye by’agateganyo iki gihugu yasabye ingabo zacyo kutongera kugaba ibitero mu bihugu by’abaturanyi biri mu Burasirazuba bwo...
Raporo ya The Washington Post ivuga ko Russia iri guha Iran amakuru y’ubutasi agaragaza aho amato ya gisirikare n’indege za gisirikare za Leta Zunze Ubumwe...