I am a Journalist since 2015.
I worked from Radio Station in News reporting, News presentation and some Educative Shows, Gospel Shows and others. I also wrote some political and Gospel articles via online platforms.
CONTACT US ON: +250788224098 or amizero.info@gmail.com
Abaturage b’Akarere ka Musanze n’abandi bahagenda, bemezako imihanda ya kaburimbo yatangiye kubakwa irimo uwo mu Mudugudu wa Muhe ahazwi nko kuri STRABAG hamwe n’indi izubakwa...
Mu ishuri rikuru ry’ubumenyingiro/IPRC Musanze, riherereye mu Karere ka Musanze, hateraniye inzobere mu by’ubutaka aho barimo guhabwa amahugurwa ku bijyanye n’imikoreshereze y’ikoranabuhanga rishobora kwifashishwa mu...
Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Paul Kagame yazamuye mu ntera Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Ronald Rwivanga amukura ku ipeti rya Colonel...
Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, PaulKagame yazamuye mu ntera abasirikare batatu bo ku rwego rwa Jenerali. Nk’uko bigaragara mu itangazo ry’Igisirikare...
Muri gahunda yo kwishimira ibyagezweho muri iki gihe twizihiza ku nshuro ya 28 isabukuru yo Kwibohora, mu Karere ka Nyagatare, Intara y’Iburasirazuba, kuri uyu wa...
Bamwe mu baturage batuye mu Karere ka Nyabihu, Umurenge wa Mukamira, baratabariza ubuzima bwabo bavuga ko butameze neza kuko babangamiwe cyane n’uruganda rusatura amabuye rukayakuramo...
Mu gihe Isi yose yizihije umunsi mukuru w’igitambo kuri uyu wa Gatandatu tariki 09 Nyakanga 2022, abo mu Mujyi wa Rwamagana, Intara y’Iburasirazuba, mu rwego...