Ubwicanyi ndengakamere bwakozwe n’abasirikare bo mu mutwe urinda Perezida Tshisekedi (GR) kuwa 30 Kanama 2023 i Goma bwatumye Lt Gen Ndima ahamagazwa i Kinshasa mu...
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yataye muri yombi bamwe mu bayobozi b’inzego z’umutekano mu Mujyi wa Goma nyuma y’imyigaragambyo yabaye tariki 30 Kanama...
Madamu Jeannette Kagame wari umushyitsi mukuru mu muhango ngarukamwaka wo Kwita Izina abana b’Ingagi wabereye mu Karere ka Musanze, Intara y’Amajyaruguru kuri uyu wa Gatanu...
Ashingiye ku biteganywa n’itegekonshinga, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, akaba n’umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, RDF, none ku wa Gatatu tariki 30 Kanama...
Nyuma y’igihe gito hatangajwe ibyavuye mu matora y’umukuru w’Igihugu muri Gabon yari yegukanwe na Ali Bongo wasi usanzwe ku butegetsi, abasirikare bagaragaye kuri Televiziyo y’Igihugu...
Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda cyane cyane mu ngingo yaryo ya 112 no ku Itegeko Nomero 14/2013 ryo ku wa 25/03/2013...