Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ishami ryayo rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Nyakanga ahagana saa kumi...
Mbere y’uko imikino olempike itangira, nta wigeraga ashyira mu majwi Anna Kiesenhofer, bisobanuye ko nta wamuhaga amahirwe yo kuba yagira umudari uwo ari wo wose...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Nyakanga Umwamikazi w’u Bwongereza Elizabeth II yahaye ishimwe rwiyemezamirimo w’umunyarwandakazi witwa Christelle Kwizera. Ni ishimwe ritangwa umunsi ku...
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Nyakanga yavuguruye amabwiriza ajyanye n’ingamba zo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19. Mu gihe benshi bari...
Polisi y’u Rwanda iratangaza ko kuri uyu wa kane yataye muri yombi abantu umunani bakekwaho kurenga ku mabwiriza yo kwirinda COVID 19 barimo umuhanzi Ruhumuriza...
Minisitiri w’Uburezi mu Rwanda, Dr Uwamariya Valentine avuga ko imyitwarire idahwitse iri kugaragara ku banyeshuri muri iki gihe, cyane cyane iyagaragaye mu bizamini bya Leta...
Leta y’Igihugu cy’u Burundi yemeye kwakira inkingo yahawe na Banki y’isi, gusa ikagenda biguruntege mu itangwa y’urukingo rwa Covid-19 kuri bose, aho ngo izabanza kugenzura...
Ubuyobozi bw’itsinda rihagarariye u Budage mu mikino Olempike bwafashe icyemezo cyo kwirukana Patrick Moster, umutoza w’ikipe y’igihugu y’abasiganwa ku magare y’igihugu cy’u Budage. Ku rundi...
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yajyanye mu nkiko umugabo uherutse kumugaragaza mu ishusho ya Adolf Hitler mu gihe hari imyigaragambyo yo kwamagana amabwiriza yo kwirinda...