Mu biganiro bya nyuma bisoza inama ya OIF yaberaga mu Bufaransa, Perezida w’iki gihugu, Emmanuel Macron, yasabye ko umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukorera mu burasirazuba...
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yavuze ko yateganyaga guhuriza hamwe Perezida Paul Kagame na Perezida Felix Tshisekedi wa RDC bakaganira, ubwo bose bari mu Bufaransa...
Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe kurwanya no gukumira indwara, CDC, cyohereje mu Rwanda abahanga barufasha guhangana n’icyorezo cy’indwara y’umuriro mwinshi iterwa na...
Guverineri wungirije w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa DR Congo yavuze ko iperereza ku cyateye iyi mpanuka yahitanye abantu nibura 28 rigikorwa, ariko abari...
Mu ntambara Igisirikare cy’u Burusiya gihanganyemo na Ukraine cyigaruriye Umujyi wose wa Vuhledar uherereye mu misozi miremire mu burasirazuba bw’iki gihugu bamaze igihe barasana urufaya....
Mu masaha y’umugoroba wo ku wa kabiri tariki ya 01 Ukwakira 2024, Iran yarashe ibisasu byo mu bwoko bwa Misille Ballistic, ahanini ibi bisasu byagwaga...
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatatu tariki 02 Ukwakira 2024, yakiriwe anagirana ibiganiro mu muhezo na mugenzi we Edgars Rinkēvičs uyobora Igihugu cya Latvia....
Ku itariki ya 30/09/2024, nibwo inkuru ya Dikembe Mutombo Mpolondo Mukamba w’u munyekongo yamenyekanye ko yapfuye, aguye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Uyu yari yaramamaye...
Imvura nyinshi ivanze n’urubura yaguye ahagana mu ma saa sita z’amanywa (12h00) kuri uyu wa Kabiri tariki 01 Ukwakira 2024, yangije imyaka y’abaturage ku buso...
Ku masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 01 Ukwakira 2024 Iran yarashe ibisasu byambukiranya imigabane (missiles ballistic) ku gihugu cya Israel, nk’uko Igisirikare...