Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Seyed Abbas Araghchi yatangaje ko nyuma y’uko hemejwe agahenge ku ntambara iri kubera muri Liban, ubu ubwato bunyura mu muhora...
Ibiro ntaramakuru Tasnim byo muri Iran byatangaje ko leta imaze iminsi ibara agaciro k’ibyangiritse muri iyi ntambara muri gahunda yayo yo gushyira indishyi mu byo...
Perezida Donald Trump wa Amerika yakangishije ko ikiragano cyose kiri bupfe nijoro, ntikizagaruke na rimwe avuga ibishobora kuba niba Iran itageze ku kumvikana na we,...
Ubutegetsi bwa Iran bwanenze bikomeye Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku gitero cyaturikije ikiraro cya B1 i Tehran buvuga ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika...
Ihuriro “Alliance Fleuve Congo – AFC/M23” ryatangaje ko ritazongera gukora ikosa ryo kwemera ko ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC zisubira...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko bagiye kubaka ubwato bugera kuri 30 mu rwego rwo kongera ubushongore n’ubukaka bw’ingabo za...
Leta y’u Rwanda n’iya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, basinyanye amasezerano y’amahoro aganisha ku muti w’ibibazo by’intambara bikaze imyaka mu burasirazuba bwa DR Congo. Gusinya...
Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe kurwanya no gukumira indwara, CDC, cyohereje mu Rwanda abahanga barufasha guhangana n’icyorezo cy’indwara y’umuriro mwinshi iterwa na...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden yashyigikiye imvugo ye igaragaza kwibasira Donald Trump ndetse avuga impamvu byari ingenzi, mu kiganiro cye cya...
Donald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yarashwe ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza muri Leta ya Pennsylvania, gusa Imana ikinga ukuboko...