Mu mpera z’icyumweru gishize, undi muntu umwe yarapfuye mu bantu benshi barasiwe mu ngo ebyiri mu mudugudu wo muri Afurika y’Epfo. Umubare w’abahitanywe n’ayo masasu...
Abarimu bakora ku bigo bya Leta mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bavuga ko batazigera basubira kwigisha igihe cyose Leta itabongereye umushahara. Aba...
Umwarimukazi witwa Yankurije Marie Josée w’imyaka 38, wari utuye mu murenge wa Mukura, Akarere ka Huye, Intara y’Amajyepfo yapfuye by’amarabira ku mugoroba wo ku wa...
Igisirikare cya Israel, IDF cyarashe ibisasu biremereye mu majyepfo ya Liban, ahari ibirindiro bikomeye by’umutwe wa Hezbollah wakomeje gukozanyaho n’Ingabo za Israel kuva icyo gihugu...
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo igaragaza ko iterwa impungenge zikomeye n’abantu bayinjiramo baturutse mu gihugu cya Afurika y’Epfo. Ni ubutumwa bwanyujijwe ku rukuta...
Perezida wa Angola João Lourenço uri guhuza u Rwanda na DR Congo mu biganiro bigamije gushaka amahoro mu karere, yoherereje ubutumwa mugenzi we wa DR...
Ikipe y’ingabo z’Igihugu, APR FC yanganyije na Pyramids FC yo muri Egiputa (Egypt) cyangwa se Misiri igitego 1-1 mu mukino ubanza w’Ijonjora rya kabiri rya...