Kwambara agapfukamunwa muri Kenya byari byaragizwe itegeko kuva mu mwaka wa 2020, ubwo hafi ku Isi hose icyorezo cya COVID-19 cyacaga ibintu. Itangazo ryashyizwe hanze...
Umugabo wahoze mu ngabo za Canada ufatwa nk’umwe muri ba mudahusha bakaze kurusha abandi ku Isi avuga ko yageze muri Ukraine gufasha iki Gihugu kurwanya...
Ubwo hizihizwaga Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore ku nshuro ya 47, Minisitiri w’Ibidukukije, Dr Mujawamariya Jeane d’Arc wari mu Karere ka Gakenke ahabereye uyu munsi ku rwego...
Igisirikare cy’u Burusiya cyatangaje ko gifite ibimenyetso by’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatanyije na Ukraine mu ikorwa n’igeragezwa ry’intwaro z’ubumara (biological weapons), zari zigamije...
Kuri uyu wa mbere tariki 07 Werurwe 2022, abanyarwanda n’abandi baturage bo mu Bihugu bituranye n’u Rwanda, bishimiye kuba imipaka yarwo yo ku butaka yafunguwe...
Ni kenshi Perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yumvikanye yemeza ko ashyigikiye Ukraine, ndetse ko aniteguye kurwanya uwo ari we wese wahirahira...
Abasirikare kabuhariwe b’Uburusiya bageze mu murwa mukuru Kyiv, nk’uko abategetsi baho babitangaje bifashishije Twitter. Minisiteri y’ingabo ya Ukraine yavuze ko umwanzi yageze mu karere ka...