Category : Ubuzima
Featured Nyabihu: Ushinzwe umutekano mu Mudugudu arakekwaho kwica umunyerondo amuteye icyuma mu gatuza.
Uwitwa Mugiraneza Jean Damascène, ushinzwe umutekano mu Mudugudu wa Kajebeshi, Akagali ka Rega, Umurenge wa Jenda, Akarere ka Nyabihu, Intara y’Iburengerazuba, yatawe muri yombi akekwaho...
Featured Ubuzima bwa Musenyeri Nzakamwita nyuma yo kujya mu kiruhuko cy’izabukuru.
Musenyeri Nzakamwita Sylverien usoje imirimo yo kuyobora Diyosezi ya Byumba, yavuze ko nyuma yo kweremerwa kujya mu kiruhuko ry’izabukuru ubuzima bwe azabukomereza mu Iseminari yo...
Featured Uganda: Umugabo yarwanye n’intare arayica, bamwe bati ni ‘Dawidi’ abandi bati ni ‘Samusoni’ [AMAFOTO].
Ku rukuta rwa Twitter, hakomeje gukwirakwizwa amafoto y’umugabo bivugwa ko ari uwo mu Gihugu cy’abaturanyi cya Uganda, aho bivugwa ko yishe intare yari hafi y’urugo...
Featured Kamonyi: Impanuka ikomeye yatewe n’ikamyo yakomerekeyemo abagera kuri 32 [AMAFOTO]
Kuri uyu wa Gatanu tariki 08 Mata 2022, ikamyo itwara umucanga yateje impanuka ikomeye yabereye hafi y’ahazwi nka Rwabashyashya munsi y’Ibiro by’Akarere ka Kamonyi, mu...
Featured Kubera izahara ry’ubukungu, Afurika y’Epfo yakuyeho amategeko yo mu bihe bya Covid-19 .
Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, kuri uyu wa Mbere tariki 04 Mata 2022 yatangaje ko amategeko yose yari yarashyizweho mu kurwanya ikwirakwira ry’icyorezo cya...
Featured Minisitiri Gatabazi yasabye abajyanama b’Akarere ka Gakenke gukora bagamije inyungu z’umuturage.
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney, yasabye abagize Inama Njyanama y’Akarere ka Gakenke gukorera hamwe bagamije inyungu z’umuturage, bakumva ko ari abajyanama bakorera abaturage...
Featured Perezida Paul Kagame yagabiye Lt Gen Muhoozi Kainerugaba uri mu Rwanda inka z’inyambo [AMAFOTO]
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, kuri uyu wa Kabiri tariki 15 Werurwe 2022, yagabiye Lt Gen Muhoozi Kainerugaba uri mu ruzinduko rw’iminsi itatu...
Featured Gakenke: Imbabura zirondereza ibicanwa zitangwa na APEFA, igisubizo ku baturage b’amikoro macye.
Mu gihe hirya no hino ku Isi hakomeje kugaragara ikibazo cy’iyangizwa ry’urusobe rw’ibinyabuzima bikozwe na mwene muntu, akabikora akenshi agamije gushaka ibyo acana kugirango ubuzima...

