Leta ya Togo yatangaje ko guhera ku wa mbere yavanyeho gusaba impushya (visa) zo kwinjira muri icyo gihugu cyo muri Afurika y’uburengerazuba, ubu Abanyafurika bose...
Dr Denis Mukwege, umunyecongo wahawe igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel mu 2018 yatangaje ko yamagana umuhate w’ishyaka riri ku butegetsi wo gushaka guhindura Itegeko nshinga ngo...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko ibihano bimaze iminsi bishyirirwaho ibihugu birimo n’u Rwanda, bitaboneye, kuko biba biri mu nyungu za bamwe bitewe n’ibyo...
Perezida Xi Jinping yaburiye ko hashobora kubaho amakimbirane hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’Ubushinwa kubera ikibazo cya Taiwan, nk’uko igitangazamakuru cya leta y’Ubushinwa...
Perezida Donald Trump yageze ku kibuga cy’indege cya Beijing mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu Bushinwa rwibazwaho na benshi bikaba biteganyijwe ko azaganira na mugenzi we...