Ibiro ntaramakuru Tasnim byo muri Iran byatangaje ko leta imaze iminsi ibara agaciro k’ibyangiritse muri iyi ntambara muri gahunda yayo yo gushyira indishyi mu byo...
Koreya ya Ruguru yakoze igerageza ry’intwaro zifite ikoranabuhanga ryo mu rwego rwo hejuru kugirango irusheho kujyana n’aho Isi igeze ari nako yitegura ku rwego rwo...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yavuze ko nyuma y’ibiganiro n’ubutegetsi bwa Pakistan hagiye kuba agahenge hagati ya Leta Zunze Ubumwe za...
Perezida Donald Trump wa Amerika yakangishije ko ikiragano cyose kiri bupfe nijoro, ntikizagaruke na rimwe avuga ibishobora kuba niba Iran itageze ku kumvikana na we,...
Tariki 06 Mata 1994, ku masaha y’umugoroba ni bwo indege y’uwari Perezida w’u Rwanda, Général Major Juvénal Habyarimana yarashwe ageze hafi y’ikibuga cy’indege cya Kigali,...
Ubutegetsi bwa Iran bwanenze bikomeye Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku gitero cyaturikije ikiraro cya B1 i Tehran buvuga ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika...
Abantu batandukanye bagaragaje ku mbuga nkoranyambaga akababaro no kwamagana ibitero bya drones byishe inka nyinshi mu gace ka Minembwe ku wa kabiri mu ntara ya...
Umukuru w’inteko ishingamategeko ya Irani Mohammad Bagher Ghalibaf yavuze ko ingabo z’icyo gihugu “zitegereje abasirikare bo ku butaka b’Amerika kugira ngo zibacaneho umuriro”. Ibitangazamakuru byo...
Itangazo ryasohowe n’Umutwe w’inyeshyamba wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo rigaragaza ko ibikorwa birimo kugaragara ku mirongo inyuranye y’urugamba ari ibisanzwe...