Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Madame Yolande Makolo, yatangaje ko u Rwanda rwemera icyemezo cy’urukiko rw’ubuhuza rw’i La Haye mu Buholandi kandi ko “rufata ikibazo...
Urukiko mpuzamahanga rw’ubuhuza rwategetse ko Ubwongereza butazishyura u Rwanda miliyoni z’amapawundi rwareze rusaba ku masezerano yasheshwe na leta ya Keir Starmer akimara kugera ku butegetsi...
Abaturage mu Burusiya batoye Igihugu cy’Ubudage kiza gisimbuye Leta Zunze Ubumwe za Amerika nk’Igihugu bafata nk’umwanzi wabo wa mbere, aho bagaragaza ko bubabangamiye cyane ndetse...