Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, watangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda. Uru ruzinduko twatangiye ku...
Igenzura ryakozwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB ku bijyanye n’uburyo abaturage babona imiyoborere n’imitangire ya serivisi mu nzego zibegereye (CRC), ryagaragaje ko Abesamihigo b’Akarere ka Gakenke...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 18 Ugushyingo 2025, Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yakiriye PRAK Sokhonn, Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kugaragara mu ruhando rw’impaka nyuma yo gusaba ko umunyamakuru w’icyamamare Seth Meyers wirirwa anenga ubuyobozi...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 15 Ugushyingo 2025, Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane y’u Rwanda yasohoye itangazo rigaragaza ko Guverinoma y’u Rwanda...
Intumwa za Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’iza AFC/M23 irwanya ubutegetsi bwa Kinshasa, bashyize umukono ku mahame shingiro aganisha ku mahoro arambye. Umunyamabanga...
Benshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeje kubona amafoto bivugwa ko ari aya drone yo mu bwoko bwa CH-4 y’ingabo za Leta ya Repubulika ya Demokarasi...
Ibi bibaye nyuma y’amatora yo ku wa 29 Ukwakira 2025 yateje impaka n’urupfu ku batari bacye. Dr. Mwigulu Nchemba wagizwe Minisitiri w’Intebe mushya, si mushya...