Trump yashimye ubumwe bwa Kagame na Tshisekedi mu rugendo rwo kugarura amahoro mu Karere
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashimye cyane ubumwe n’ubwenge yasanze ku bakuru b’ibihugu by’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,...

