Amizero
Amakuru Amakuru mashya Umutekano

Polisi y’u Rwanda yashyize mu kiruhuko k’izabukuru abapolisi 74 barimo na ba Komiseri

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko abapolisi 74 barimo ba Komiseri 2, ba ofisiye bakuru 9, ba Ofisiye bato 12 n’abapolisi bato 38 bashyizwe mu kiruhuko.

Itangazo rya Polisi y’Igihugu ryo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 2 Ukuboza 2025, rivuga ko mu bashyizwe mu kiruhuko harimo ba Komiseri 2 ar bo ACP Sam Rumanzi na ACP Francis Muheto.

ACP Sam Rumanzi, yabaye mu buyobozi bwa Polisi y’Igihugu bukuru aho yabaye  Umuhuzabikorwa w’urwego rwunganira akarere mu by’umutekano-DASSO ku rwego rw’Igihugu.

Yabaye kandi Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu ntara y’u Burasirazuba ndetse ayobora Polisi y’u Rwanda mu butumwa bw’amahoro muri Santarafurika.

ACP Francis Muheto washyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru yayoboye Polisi y’Igihugu mu ntara y’Amajyaruguru.

Abandi bashyizwe mu kiruhuko barimo ba Ofisiye bakuru 9, ba Ofisiye bato 12 ndetse n’Abapolisi bato 38

Itangazo rya Polisi y’Igihugu rivuga kandi ko hari abapolisi 13 basezerewe ku mpamvu z’uburwayi na babiri basezerewe ku mpamvu zindi zitandukanye.

ACP Sam Rumanzi, umwe mu bakomiseri bahwawe ikiruhuko k’izabukuru muri Polisi y’u Rwanda
ACP Francis Muheto ni undi mu Komiseri washyizwe mu kiruhuko k’izabukuru

Related posts

APR FC yatsinze Sunrise FC ifata umwanya wa mbere ihigitse Musanze FC.

N. FLAVIEN

FARDC yagabye ibitero bikomeye kuri M23 bihitana abaturage binangiza ibikorwa byinshi

N. FLAVIEN

Ubwato bukekwaho gutwara intwaro za Israel bwangiwe guhagarara ku cyambu cya Namibia.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777