U Rwanda rwifatanyije n’Isi mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’abafite ubumuga
Kuri uyu wa 3 Ukuboza 2025, u Rwanda rwifatanyije n’Isi yose mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’abafite ubumuga, ibirori byabereye mu Karere ka Nyabihu, ku nsanganyamatsiko...

