I am a Journalist since 2015.
I worked from Radio Station in News reporting, News presentation and some Educative Shows, Gospel Shows and others. I also wrote some political and Gospel articles via online platforms.
CONTACT US ON: +250788224098 or amizero.info@gmail.com
Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Maurice Mugabowagahunde yasabye abaturage b’Intara abereye umuyobozi kwishima mu minsi mikuru, gusa ngo bakishima bazirikana ko nyuma yo kurya no kunywa, ubuzima...
Abaririmbyi ba Korari Ijwi ry’impanda ibarizwa ku Itorero rya ADEPR Muko, Paruwasi ya Bukane, Ururembo rwa Muhoza ndetse n’abakirisito basengera kuri iri torero barashima Imana...
Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda(RDF), Brig Gen Ronald Rwivanga, yatangaje ko Igisirikare cy’u Rwanda cyiteguye intambara Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo,...
Ubuyobozi bwa Pariki y’Igihugu y’Akagera busigaye bwifashisha imbwa mu gucunga umutekano wa Pariki no guhiga ba rushimusi n’imitego baba bateze inyamaswa, ku buryo byatanze umusaruro...
Abaririmbyi bo muri Chorale La voix d’appel ibarizwa ku Itorero rya ADEPR Kabuga, Paruwasi ya Butete (mu karere ka Burera), Ururembo rwa Muhoza, bahamya ko...
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yatangaje ko ibibazo biri hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo atari byo byatumye Perezida...