I am a Journalist since 2015.
I worked from Radio Station in News reporting, News presentation and some Educative Shows, Gospel Shows and others. I also wrote some political and Gospel articles via online platforms.
CONTACT US ON: +250788224098 or amizero.info@gmail.com
Inama y’Abaminisitiri, yateraniye mu Biro by’Umukuru w’Igihugu ‘Village Urugwiro’ kuri uyu wa Gatatu, tariki 1 Nzeri 2021, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame....
Umunyakenya Frank Ouna Onyango uzatoza Musanze FC muri uyu mwaka w’imikino aragera mu Rwanda kuri uyu wa gatatu, hamwe na bagenzi be bazakorana bakazerekwa itangazamakuru...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 31 Kanama 2021 Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashyizeho abayobozi bashya barimo Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda,...
Bamwe mu barimu bakorera mu mashuri ya Leta n’afatanya na Leta ku bw’amasezerano mu duce dutandukanye tw’Igihugu banyuza imishahara yabo muri Koperative Umwalimu SACCO, baravugako...
Mu Gihugu cya Sudani y’Epfo kuri uyu wa mbere tariki 30 Kanama 2021, umutekano wari wakajijwe mu rwego rwo kugerageza kuburizamo imyigaragambyo yo kwamagana Leta...
Kuri iki Cyumweru tariki 29 Kanama 2021, Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Dr Abiy Ahmed, yageze mu Rwanda aho yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri. Muri uru...
Mu Ntara ya Cabo Delgado iherereye mu Majyaruguru ya Mozambique, kuri uyu wa Gatandatu tariki 28 Kanama 2021, inzego z’umutekano za Mozambique n’iz’u Rwanda batangiye...
Umwarimu w’imyaka 29 wo mu Karere ka Nyamasheke, wigeze kwandika urwandiko asa n’uwerekana ko agiye kwiyahura kubera kubengwa n’umukobwa biteguraga kurushinga, ubuyobozi bwamubonye mu rugo...
Nyuma y’umwaka wose bari mu myitozo y’ibanze, abasore n’inkumi bihebeye kwitangira urwabibarutse basoje imyitozo y’ibanze ya gisirikare bari bamazemo umwaka ibemerera kwinjira mu Ngabo z’u...