Amizero
Ahabanza Amakuru Imikino Trending News

Breaking news: Seif Niyonzima Olivier yerekeje muri AS Kigali

Umukinnyi w’ikipe y’Igihugu Niyonzima Olivier Seif uheruka gusezererwa muri APR FC yerekeje muri AS Kigali mu gihe cy’imyaka 2

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 6 Nzeri 2021, AS Kigali yerekanye Niyonzima Olivier Seif nk’umukinnyi wayo mushya akaba yasinye amasezerano y’imyaka 2.

Niyonzima Olivier Seif ukina hagati mu kibuga mu ikipe y’Igihugu, nta kipe yari afite nyuma yo kurekurwa n’ikipe ya APR FC.

Seif waguzwe miliyoni 20 akazajya ahembwa angana na Miliyoni imwe ku kwezi mu gihe cy’imyaka 2, yavuzwe muri Rayon sport igihe kinini ariko iyi kipe ntiyabasha kumuha ibyo bari bavuganye bityo yiyemeza kwerekeza muri AS Kigali.

Related posts

Inzobere mu guhangana na Marburg zoherejwe na USA zageze mu Rwanda.

N. FLAVIEN

Kimenyi Yves yavunikiye bikomeye mu mukino wahuje AS Kigali na Musanze FC.

N. FLAVIEN

Polisi y’u Rwanda yashyize mu kiruhuko k’izabukuru abapolisi 74 barimo na ba Komiseri

NDAYISHIMIYE Libos

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777