Nyuma yo guhamya ibirindiro mu Rwanda, abana biga muri Wisdom School Rwanda bakagera ku rwego rwo gutsinda 100% mu bizamini bisanzwe ndetse no mu bizamini...
Ahanini bimenyerewe ko mu mashuri abana bahabwa ubumenyi byagenwe ko baziga mu mashuri, ari nayo ntandaro y’imvugo nyinshi ugenda usanga hanze aha, aho abarangije amashuri...