Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Ubukungu

RURA yatangaje ibiciro bishya kuri Litiro ya lisansi na mazutu.

Urwego Ngenzuramikorere mu Rwanda (RURA) rwatangaje ko guhera kuri iki Cyumweru tariki 6 Werurwe 2022, igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli kigomba guhinduka mu Mujyi wa Kigali, bikaba bigomba no kugera mu Ntara zose kuko bigerayo bivuye mu Mujyi wa Kigali.

RURA yatangaje ko igiciro cya litiro ya lisansi mu Mujyi wa Kigali kizava ku mafaranga y’u Rwanda1225 kuri Litiro imwe, kikagera ku mafaranga y’u Rwanda 1256 kuri Litiro imwe, mu gihe igiciro cya mazutu kizava ku mafaranga 1140 y’u Rwanda kuri Litiro imwe kikagera ku mafaranga 1201 y’u Rwanda kuri Litiro imwe.

Ibiciro by’ibyangombwa nkenerwa bikomeje kuzamuka ku isoko ry’u Rwanda, akenshi bikaba ari ingaruka z’intambara ikomeje guca ibintu hagati y’Uburusiya na Ukraine. Amahanga ayobowe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yafatiye Uburusiya ibihano bikakaye by’ubukungu ku buryo bishobora kuzagera ku Isi yose iyi ntambara idahagaze mu maguru mashya.

Itangazo rya RURA.

Related posts

Euro 2020: Ububiligi busezereye Portugal iheruka kwegukana iki gikombe (Amafoto)

N. FLAVIEN

Bivuze iki ku Rwanda kuba Kayumba Nyamwasa yinjiye mu ntambara ibera muri DR Congo?

N. FLAVIEN

Yampano yongeye kugarukwaho nyuma y’andi mashusho y’urukozasoni ye yasakaye

NDAYISHIMIYE Libos

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777