Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu tariki 20 Mutarama 2024, inkongi y’umuriro yibasiye kimwe mu byumba biraramo abanyeshuri b’abahungu (dortoire) mu kigo cyigisha ubuhinzi...
Igitsinagore ni ibiremwa bifatwa na bamwe nk’ibyoroshye gushukika, gusa ku rundi ruhande bakaba abanyembaraga mu kuba bahindura byihuse imitekerereze ya bagenzi babo b’igitsinagabo bitewe n’imbaraga...
Ubuyobozi bwa Pariki y’Igihugu y’Akagera bwatangaje ko Intare ebyiri zo mu zari zimaze imyaka umunani zigaruwe muri iyi Pariki, ziherutse gupfa mu mpera za 2023,...
Abaririmbyi bo muri Chorale La voix d’appel ibarizwa ku Itorero rya ADEPR Kabuga, Paruwasi ya Butete (mu karere ka Burera), Ururembo rwa Muhoza, bahamya ko...
Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite yemeje ko u Rwanda ruhabwa inguzanyo ya miliyoni 75 z’Amayero [asanga miliyari 103Frw] , azafasha mu gusana no kuvugurura Ibitaro Bikuru...