Aho Perezida Macron ahagaze ku gufatira u Rwanda ibihano rusange nk’uko Amerika yabigenje
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron, yagaragaje ko gufatira u Rwanda ibihano rusange mu buryo bwihuse bikurikije umurongo wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika byatanga “amahirwe...

