Abajenerali babiri ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bo ku rwego rwo hejuru bavuze ko bagiye inama yo kugumisha abasirikare 2,500 muri Afghanistan, mbere yuko...
Abatuye Akarere ka Palma mu Ntara ya Cabo Delgado mu Majyaruguru ya Mozambique, barashimira inzego z’umutekano z’u Rwanda ku bufatanye n’iz’Igihugu cyabo zabakijije ibyihebe byabiciye...
Ubinyujije mu butumwa bwo kuri Twitter, umutwe w’inyeshyamba urwanya Leta y’u Burundi wa RED Tabara uvuga ko warashe “ibisasu byinshi ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya...
Se w’umukobwa w’imyaka irindwi wogoshwe umusatsi na mwalimu ku ishuri rimwe ryo muri Leta ya Michigan muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nta burenganzira bw’ababyeyi...
Minisitiri w’Ingabo w’Ubufaransa Florence Parly yaburiye Mali kwirinda kugirana amasezerano na Kompanyi icunga umutekano yo mu Burusiya. Hashize igihe hari amakuru yuko abasirikare bari ku...
Abakobwa bagera kuri 70 bo mu gihugu cy’Ubwongereza mu mujyi wa Bristol mu mpera z’icyumweru gishize bakoze ibidasanzwe ubwo mu makanzu yera de n’agatimba kamenyerewe...
Ishyaka ritavuga rumwe na Leta ryo muri Afurika y’Epfo rizwi ku izina rya Democratic Alliance ryashyikirije ikirego ubutabera risaba ko Jacob Zuma wahoze ayobora Afurika...