Category : Amakuru
Featured Uganda: Gen Elly Tumwine warashe isasu rya mbere mu rugamba rwa NRA yitabye Imana.
Gen Elly Tumwine umwe mubatangije urugamba rwo gufata ubutegetsi bwa Uganda babukuye mu maboko y’umunyagitugu Idi Amini Dada wari ku butegetsi, yapfuye nyuma y’igihe kitari...
Featured Musanze: Umusaza w’imyaka 70 yafashwe asambanya umugore w’abandi asohoka yambaye agakariso gusa.
Umusaza w’imyaka 70 y’amavuko wo mu Murenge wa Muko mu Karere ka Musanze, umaze igihe gito ahagaritswe mu itorero rya ADEPR kubera imyitwarire idahwitse, yafatiwe...
Featured Umunyeshuri wo mu Karere ka Ngororero yakoze imodoka yo mu bikarito ikoresha amashanyarazi.
Dusabumugisha Gervais wiga mu mwaka wa gatatu mu mashuri yisumbuye, yakoze imodoka ishobora kugenda kilometero imwe n’igice, yifashishije batiri y’amashanyarazi. Ni ubuhanga avuga ko akeneye...
Featured Tumenye byinshi ku nkuba zikunze gutera ubwoba benshi bakazifata nk’amashitani.
Inkuba ziri mu bihitana ubuzima bw’abantu batari bake buri mwaka. Abanyarwanda ba kera bakekaga ko cyaba ari igikoko bakagishushanya nk’isake, ndetse hari n’abizeraga ko yabaga...
Featured Mozambique: Maj Gen Nkubito yatangiye kuyobora inzego z’umutekano z’u Rwanda.
Maj Gen Eugne Nkubito yasimbuye Maj Gen Innocent Kabandana nk’Umuhuzabikorwa w’inzego z’umutekano z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kurwanya iterabwoba muri Mozambique. Mu cyumweru gishize...
Featured Amerika yasabye abaturage bayo kuva mu Murwa mukuru wa Ukraine vuba na bwangu.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika irasaba abaturage bayo bari i Kiev, umurwa mukuru wa Ukraine, kuhahunga bidatinze. Ifite impungenge ko Uburusiya bushobora kuharasa ibisasu byinshi...
Featured Gasabo: Umukarani w’ibarura yashumurijwe imbwa ubwo yari agiye kubarura mu bakire.
Umuturage wo mu Murenge wa Nduba mu Karere ka Gasabo aravugwaho gushumuriza imbwa ‘Umukarani w’Ibarura’ wari ugeze ku rugo rwe mu gikorwa cy’Ibarura Rusange ry’abaturage...
Featured Gicumbi: Akarere katanze impuruza ku bajya gusengera ahitwa i Kadeshi.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gicumbi bwatanze impuruza ku baturage cyane cyane abanyamadini bajya gusengera ahantu hatemewe hashyira mu kaga ubuzima bwabo, by’umwihariko abakunze gusengera ku musozi...

