Category : Amakuru
Featured Rubavu: Akanyamuneza ni kose ku bacuruzi bongerewe igishoro.
Kuri uyu wa Kane tariki 13 Ukwakira 2022, Koperative ebyiri zo mu Karere ka Rubavu zigizwe n’abagore 40 bakora ubucuruzi buciriritse bwambukiranya umupaka zahawe inkunga...
Featured Nyaruguru: Umwarimu arakekwaho kwica mugenzi we nyuma yo gusangira agatama.
Umwarimu wigisha mu Karere ka Nyaruguru arakekwaho icyaha cyo kwica mugenzi we witwa Ndabakuranye Bonaventure amukibise icupa mu mutwe ubwo basangiraga inzoga mu kabari. Iri...
Featured Rubavu: Bababajwe n’amashuri bubakiwe ngo abakure mu bujiji akaba yarahindutse umusaka.
Abatuye n’abagenda mu Mudugudu wa Rurembo, Akagari ka Bahimba, Umurenge wa Nyundo, Akarere ka Rubavu, bagaragaza agahinda baterwa n’ibyumba bitatu by’amashuri byubatswe mu myaka itanu...
Featured Ibimenyetso bya Nyiragongo byatumye abatuye i Gisenyi na Goma bongera guhabwa umuburo.
Abatuye mu bice bya Goma na Gisenyi no mu bice bihegereye, bamenyeshejwe ko Ikirunga cya Nyiragongo na Nyamuragira, byagaragaje ibimenyetso bidasanzwe bityo ko bakwiye kuba...
Featured Rutsiro: Baratakamba basaba kubakirwa isoko rijyanye n’igihe.
Abacururiza mu isoko rya Gakeri riri mu Murenge wa Ruhango Akarere ka Rutsiro, basaba ubuyobozi kububakira isoko rijyanye n’igihe bagaca ukubiri no gucururiza hasi, aho...
Featured Tanzaniya na Kenya basinyanye amasezerano y’umuyoboro wa Gaze ubahuza.
Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzaniya na mugenzi we William Ruto wa Kenya, basinye amasezerano y’umuyoboro wa Gaze uzahuza ibi Bihugu byombi bihuriye mu Muryango...
Featured Rubavu: Rwabuze gica hagati y’Akarere na Kiliziya Gatolika bapfa ubutaka.
Ubutaka bugizwe n’ibibuga by’imikino itandukanye biri mu marembo y’ibiro by’Akarere ka Rubavu, mu Murenge wa Gisenyi, Akagari ka Nengo, imbere neza ya Paruwasi Gatolika ya...
Featured Musanze: Kingdom School yarenze kuba ikigo ihinduka urugo kubera ubwitange n’ubupfura. “Ababyeyi”.
Ababyeyi barerera ku Ishuri rya Kingdom rifite icyicaro mu Karere ka Musanze, bemeza ko batakibona Kingdom nk’ishuri gusa ko ahubwo baribona nk’urugo bitewe n’indangagaciro abana...

