Amizero
Ahabanza Amakuru Ubuzima

Rubavu: Batoraguye umurambo w’uruhinja rw’amezi asaga atanu mu bwiherero.

Ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru tariki 23 Ukwakira 2022 mu bwiherero bw’ikigonderabuzima cya Gisenyi giherereye mu Murenge wa Gisenyi, Akarere ka Rubavu, hatoraguwe umurambo w’uruhinja.

Uru ruhinja rwakuwe mu bwiherero bw’iki kigonderabuzima, rwakuwemo rwashizemo umwuka, bigaragara ko rwari ruri mu kigero cy’amezi ari hagati y’atanu n’arindwi.

Umuyobozi w’ikigonderabuzima cya Gisenyi, Mwubahamana Joselyne yahamirije umunyamakuru wa WWW.AMIZERO.RW ko iyi nkuru ari impamo.

Ati: “Nibyo uruhinja rwatoraguwe mu bwiherero bw’ikigonderabuzima,
aya makuru twayahawe n’ukora isuku aho yavuze ko kuva ejo yasukaga amazi mu bwiherero ntagende nkuko bisanzwe aradutabaza ngo turebe impamvu dusanga harimo agahinja kamaze kwitaba Imana”.

Uyu muyobozi w’iki kigonderabuzima kandi yavuze ko bataramenya uwatayemo urwo ruhinja gusa asaba buri wese kurangwa n’ubumuntu.

Ubwo twandikaga iyi nkuru urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwari rwamaze kuhagera ngo hakorwe iperereza ryimbitse.

Iyi nkuru turacyayikurikirana tukazabagezaho amakuru arambuye.

Yanditswe na Yves Mukundente @ WWW.AMIZERO.RW

Related posts

Musanze: Abakirisitu 10 ba ADEPR bafatiwe mu nzu y’umuturage basenga binyuranije n’amabwiriza yo kwirinda Covid-19

N. FLAVIEN

Afghanistan: Umurwa mukuru Kabul wari usigaye wafashwe n’aba Taliban, babyina intsinzi ko basubiye ku butegetsi.

N. FLAVIEN

Major Nsanzimana Yefuta wa FDLR warwanaga afasha ingabo za Leta ya Congo yishwe na M23.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777