Category : Amakuru
Featured DR Congo: Za ntwaro ziremereye za FARDC zahungishijwe mu kwirinda ko M23 izicakira.
Kuri uyu wa Gatatu tariki 26 Ukwakira 2022, imirwano ihanganishije M23 n’ingabo za Leta ya DR Congo, FARDC yakomereje mu gace ka Rubare, Ingabo za...
Featured Rubavu: Umuzimu wo kwihekura uzatsirikwa n’iki ? Urundi ruhinja rwiciwe muri Bugeshi.
Ku wa Mbere w’iki Cyumweru tariki 24 Ukwakira 2022, mu Mudugudu wa Bigaragara, Akagari ka Mutovu, Umurenge wa Bugeshi, Akarere ka Rubavu, hatawe muri yombi...
Featured U Rwanda rwatunze agatoki DR Congo ku guhitamo inzira y’imirwano.
Leta y’u Rwanda ivuga ko nubwo Perezida wa DR Congo avuga ko bashaka ibisubizo mu nzira za diplomasiya, imvugo n’ibikorwa biheruka byerekana ikinyuranyo kuko “Leta...
Rubavu: Rwa ruhinja rwatoraguwe mu bwiherero rwashyinguwe hataraboneka uwarutaye.
Nyuma y’uko ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru tariki 23 Ukwakira 2022 mu bwiherero bw’ikigonderabuzima cya Gisenyi habonetse umurambo w’uruhinja ruri mu kigero cy’amezi ari...
Featured M23 yigarurira ibindi bice byo muri Rutshuru birimo Ntamugenga ikomeza kubabaza FARDC.
Imirwano ikaze cyane ikomeje guhuza ingabo za Leta ya Congo, FARDC n’abanyecongo bavuga ikinyarwanda, M23 ikomeje gufata indi sura, M23 ikaba ikomeje kwigarurira ibice, ahavugwa...
Featured Rubavu: Ihagarikwa ry’ibiryabarezi, imwe mu mpamvu zo kongera kumwenyura kw’abashakanye.
Nyuma y’uko tariki 11 ukwakira muri uyu mwaka Minisiteri yUbucuruzi n’Inganda, MINICOM isohoye itangazo rivuga ko isubitse gutanga uruhushya rwemerera abashaka kujya mu bikorwa by’imikino...
Featured Rubavu: Batoraguye umurambo w’uruhinja rw’amezi asaga atanu mu bwiherero.
Ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru tariki 23 Ukwakira 2022 mu bwiherero bw’ikigonderabuzima cya Gisenyi giherereye mu Murenge wa Gisenyi, Akarere ka Rubavu, hatoraguwe umurambo...
Featured Indege ya Rwandair yakoreye impanuka i Kamembe Imana ikinga ukuboko [AMAFOTO].
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 22 Ukwakira 2022, indege ya Rwandair yavaga i Kigali yerekeza i Kamembe yari ifite urugendo nimero WB601...
Featured Musanze: Amashirakinyoma ku byavuzwe ko ababyeyi bari kwakwa amafaranga yo kugura imodoka y’umuyobozi w’ishuri.
Mu minsi ishize, hari bamwe mu babyeyi bo mu Murenge wa Remera, Akarere ka Musanze, baherutse gutangariza itangazamakuru ko ikigo cy’amashuri cya Remera cyabatse amafaranga...

